Business is booming.

Uburyo Bworoshye Umukobwa Yabwira Umusore Ko Amukunda

uburyo Bworoshye Umukobwa Yabwira Umusore Ko Amukunda Youtube
uburyo Bworoshye Umukobwa Yabwira Umusore Ko Amukunda Youtube

Uburyo Bworoshye Umukobwa Yabwira Umusore Ko Amukunda Youtube Niba uri umukobwa ufite umusore mukundana gusa ukaba wifuza ko arushaho kugukunda cyane ndetse n'umubano wanyu ugakomera, dore uburyo bworoshye wakoresha umusore akakwimariramo: 1. mwandikire akabaruwa karimo amagambo y’urukundo nurangiza ugashyire mu ikofi ye atabizi. muri aka kabaruwa uzagerageze gushyiramo amagambo yuzuye ubwuzu n’urukundo. Dore uburyo bwiza bwo gusaba umukobwa ko yakubera umukunzi; 1.manza umumenye:ikintu cy’ambere ugomba gukora ni ukumenya neza umukobwa wifuza ko akubera umukunzi. .panga uburyo uzamubona: mu gihe ushaka gusaba umukobwa ko yakubera umukunzi ni ngombwa ko upanga neza uburyo uzamubona mugahura kugira ngo umubwire ikifuzo cyawe.

Musore Uyu Mukobwa Yabuze uburyo Akubwira ko Yagukunze Yegob
Musore Uyu Mukobwa Yabuze uburyo Akubwira ko Yagukunze Yegob

Musore Uyu Mukobwa Yabuze Uburyo Akubwira Ko Yagukunze Yegob Iki rero nacyo ni ikimenyetso kizakugaragariza ko umukobwa atagukunda. 9. gukunda abandi bahungu. hari umukobwa uba akubwira ko agukunda bihebuje,ariko wowe ukabona yikundira bandi bahungu,wagira ngo uramubajije akakubwira impamvu zidasobanutse, akenshi ntabwo aba aha urukundo rwanyu agaciro, aba abifata nk’ibintu bidakomeye. 1. aguha ikaze mu isi ye, mu buzima bwe bwose. nubwo abasore benshi barangwa no kutavuga amagambo menshi, yemwe ntube wanamenya ko bari mu rukundo, umusore wakwihebeye aguha ‘karibu’ mu buzima bwe bwose ukamenya ibyo akora n’ibyo apanga kuzakora. 2. akwereka inshuti n’abavandimwe be n’imiryango. ni ikintu cy’ingezi cyane kuba. Ibimenyetso byereka umukobwa ko umuhungu amukunda (igice cya 2) 1. kuguhamagara cyangwa kukwandikira yasomye ku nzoga zisembuye. abantu benshi bemera ko amagambo umuntu avuga yasinze akenshi biba ari na byo bitekerezo bye iyo atasinze, no mu cyongereza baravuga ngo “a drunk’s person’s words are a sober person’s thoughts”. 4. iyo muri kumwe ntabwo avuga menshi. iyo uri kumwe n’umukobwa ugukunda akenshi amagambo aba make ahubwo agakora ibikwereka ko hari ukuntu kudasanzwe aba akwiyumvamo, agerageza kuvuga iyo hari icyo umubajje ndetse yanagusubiza akirebeshwa ku ruhande n’amasoni menshi. 5. abaza inshuti zawe za hafi byinshi bigendanye n’ubuzima bwawe.

Comments are closed.